in

Cristiano Ronaldo yashyizwe ku karubanda n’inkumi baryamanye.

Umukobwa wumunyamideli ukomoka muri Portugali, Natasha Rodriguez yashyize hanze Cristiano Ronaldo avuga ko baryamanye ariko uyu mukinnyi akaba yaramukumiriye ku mbugankoranyambaga.

Rodriguez yavuze ko yaryamanye nuyu mukinnyi uherutse kwerekeza muri Manchester United, nyuma yamezi abiri bandikirana,ibi bikaba byarabaye nyuma gato yaho uyu mukinnyi ahuye na Georgina Rodriguez usanzwe ari umukunzi we.

Uyu mukobwa yabwiye the Sun ati:”byari saa saba zigicuku, ubwo mwoherereza ifoto y’ikibuno cyanjye,iherekejwe n’amagambo agira ati’ikibizu kinini’ariko byari imikino.sinatekerezaga ko ashonora kunsubiza,ariko saa kumi n’ebyiri za mu gitondo yaranyandikiye,hanyuma ibintu bitangirira aho.”

Uyu mugore yavuze ko yinjiye mu rugo kwa Cristiano atiyumvisha ibyari byabaye kuko yumvaga ari nk’inzozi.

Yongeyeho ati:”Nakuyemo inkweto,nanisukira jus mbere yo kwicara i ruhande rwe.Hanyuma nafashe iyambere ndahaguruka,manura ipantalo yanjye ndunama mwereka ikibuno cyanjye.Yagikubise urushyi ambwira ko yagikunze.”

Uyu mukobwa yavuze ko Cristiano yongeye kumwandikira nyuma yo kuryamana na we muri Werurwe 2017.Icyo gihe ngo yamubwiye ko yaryohewe kandi amusaba kubigir ibanga rikomeye.Gusa ngo Cristiano yahise akuraho telefoni ye ndetse amukumira ku mbugankoranyambaga ze zose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umusore uri mu munyenga w’urukundo rw’ibanga na Miss Nishimwe Naomi

Impamvu ukwiye kunywa amazi mu gitondo ukibyuka.