in

Clapton Kibonke ibintu byamukomeranye nyuma yo kugaragara afite amafaranga menshi avuga ko yagurishije ino

Nyuma yo kugaragara afite amafaranga menshi avuga ko yagurishije ino rye, byatumye umufana wa Clapton Kibonke amubaza ahantu yagurishije ino rye bamuha amafaranga angana gutyo.

Ibi byabaye ejo ku mugoroba aho uyu munyarwenya Clapton Kibonke yifataga amashusho afite igipfuko ku ino ndetse ari kubara amafanga menshi aho yavugaga ko yagurishije ino rye.

Umufana wa Clapton Kibonke akibibona yahise amubaza aho yakuye ayo mafaranga ngo amurangire. At: “Kibo ko nabonye ufite ibifaranga byinshi ko wagurishije ino, nange wampaye connection y’ahantu bayagurira ko nzaguha 1/2 cy’ayo bazama.”

Clapton Kibonke nyuma yo kubona ubu butumwa bukomeye yahise abwira umufana we ko biriya byari urwenya ko atari ibyanyabyo.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bahawe certificate zuko bakiri amasugi nyuma yo kubagenzura

Ubukwe bwasubitswe nyuma yuko umugabo akinishije Bet amafaranga y’ubukwe akaribwa