in

Byamukorogoshoye: Umuhanzikazi Sheebah Karungi ishyari ryamuriye nyuma yo kumenya akayabo Wizkid na Tems binjije mu ndirimbo bakoranye

Umuhanzikazi ukomeye cyane hano mu karere ka Afurika y’iburasirazuba Sheebah Karungi watangajwe na kavagari k’amafaranga umuhanzi Wizkid na Tems binjije mu ndirimbo bakoze.

Umuhanzi ukomeye cyane mu gihugu cya Nigeria Wizkid afatanyije na Tems bakoze indirimbo bise “Essence ” maze yinjiza akayabo k’amafaranga agera kuri milayari 964 z’amafaranga y’u Rwanda nk’uko PRS  for music yo mu Bwongereza ibivuga ibi bikaba byateye ishyari twakita nk’aho ari ryiza umuhanzi Sheebah Karungi uherutse gutorerwa kuba visi Perezida w’ishyirahamwe rishya ry’abahanzi muri Uganda.

Sheebah abinyujije ku rubuga rwa Twitter yashishikarije abahanzi bo mu gihugu cya Uganda kujya bandikisha indirimbo zabo kugira ngo nabo babashe kwinjiza agatubutse nk’uko Wizkid na Tems babikoze.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

‘Nabwiye umugore wanjye ko twakwihana ibyaha byacu kuko igihe cyacu cyegereje’ Umugabo wabonye umugore we apfira mu mwuzure yavuze uko yarokotse we n’umwana we w’amezi 6 (AMAFOTO)

Ababyeyi babyaye aba Miss! Reba amafoto y’umubyeyi wa Mutesi Jolly ndetse n’uwa Nishimwe Naomie