in

Bwa mbere Davido yagaragaye ari kumwe n’umwana we yabyaranye n’ikizungerezi cyo mu Bwongereza (Video)

Umuhanzi w’icyamamare wo muri Nijeriya, Davido, yatunguye abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kugaragara ku nshuro ya mbere ari kumwe n’umuhungu we bivugwa ko ari we yabyaranye n’umuhanzikazi w’ikizungerezi ukomoka mu Bwongereza, Larissa London.

Hashize umwaka urenga abantu bavuga ko uyu muhanzi se w’abana batatu afite umwana wa kane hamwe n’umuhanzi ukomoka mu Bwongereza, Larissa London, mu gihe imbuga za interineti zerekana ko umwana muto w’umuhungu asa na Davido n’umukobwa we wa kabiri, Hailey. Amakuru avuga ko umwaka ushize ko ikizamini cya ADN bivugwa ko cyakozwe cyemeje ko umuririmbyi wo muri Nijeriya ari se umubyara .

Ikinyamakuru cyo mu bwongereza (UK) Glam Squad Magazine, cyatangaje ko hakozwe ikizamini cya ADN kandi ibisubizo byagaragaye neza 100%

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Urukundo ruraryoshye hagati y’umusaza w’imyaka 88 n’umukobwa muto

“ufite amabere neza ” abafana ba Young Grace bagarutse ku ifoto yerekana mu gituza cye