Umukamezi wakamejeje Kadafi wamenyekanye cyane kubera ibyamamare akorera amashusho birangajwe imbere na bossi we Rocky Kimomo ngo burya ntago yashaka umugore batakoranye imibonano mpuzabitsina.
Kadafi usanzwe ukunda kuganira cyane ndetse agasetsa nabo bari kumwe n’ubwo atari wo mwuga we avuga ko adashobora gushaka umugore batakoranye imibonano mpuzabitsina.
Aganira n’umunyamakuru Murindahabi Irene yamubajije niba umukobwa bakundana aramutse amubwiye ngo bakundane gusa ariko bazaryamane aruko bashakanye yabyemera maze Kadafi nawe amubwiza ukuri Ati:”namubwira akanyohereza undi mu gihe tutarabana maze nkaba mwitamo.”

Ibi Kadafi yabivuze mukiganiro yagiranye na Murindahabi Irene maze Kadafi nawe amubwira akari ku mutima.