in

Burya Kadafi ntashobora gushakana n’umukobwa bataryamanye

 

Umukamezi wakamejeje Kadafi wamenyekanye cyane kubera ibyamamare akorera amashusho birangajwe imbere na bossi we Rocky Kimomo ngo burya ntago yashaka umugore batakoranye imibonano mpuzabitsina.

Kadafi usanzwe ukunda kuganira cyane ndetse agasetsa nabo bari kumwe n’ubwo atari wo mwuga we avuga ko adashobora gushaka umugore batakoranye imibonano mpuzabitsina.

Aganira n’umunyamakuru Murindahabi Irene yamubajije niba umukobwa bakundana aramutse amubwiye ngo bakundane gusa ariko bazaryamane aruko bashakanye yabyemera maze Kadafi nawe amubwiza ukuri Ati:”namubwira akanyohereza undi mu gihe tutarabana maze nkaba mwitamo.”

Ibi Kadafi yabivuze mukiganiro yagiranye na Murindahabi Irene maze Kadafi nawe amubwira akari ku mutima.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbega amajwi! Yakwangisha umuziki pee! Imiririmbire ya Muheto na Yago iduteye kumirwa

Abakinnyi 11b’Amavubi babanza mu kibuga ku mukino na Ethiopia