in

“Burya hatinda inda koko”-Imfura ya Clapton Kibonke yazamuye amarangamutima y’abatari bake (video)

Umunyarwenya Clapton Kibonke wamenyekanye mu filime nyarwanda ndetse akaba kuri ubu ashobora amafaranga muri filime nyarwanda.

Clapton kibonke umaze kugira abana babiri umuhungu n’umukobwa yongeye kuzamura amarangamutima y’abenshi ubwo yasangiza amashusho y’imfura ye, Nella iri gukingura igipangu.

Mu magambo ye Kibonke yagize ati “Burya hatinda inda “ndetse benshi batunguwe n’umwana wa Clapton umaze kuba inkumi.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Narabivuze ariko! – Mutesi Jolly yashimangiye ko Miss Muheto ari mwiza nyuma y’amafoto yabonye

Umunyamideli ukomoka mu Rwanda yaguye muri America (inkuru irambuye)