in

Burna boy yasubije uwari umukunzi we wavuze ko atazi gutera akabariro

Burna Boy umuhanzi ukomeye muri Nigeria ndetse no ku isi hose, yibasiwe n’umugore we avuga uburyo uyu mugabo atazi gutera akabariro ndetse akaba yihgararaho yirengagije inenge afite.

Uretse kudashobora kumuhaza ngo yumve anyuzwe, na gake yakoze ntago yashoboye kumuha akana ahubwo akajya amuzanaho amatiku gusa.

Nyuma y’iminsi mike ubutumwa bwa Stefflon bugiye hanze, Burna Boy yamusubije.Ati: “Nibyo yego ndi ingagi idafite imbaraga mu gutera akabariro ariko mfite amafaranga abita ikuzimu!”

Umubano hagati y’aba baririmbyi bombi wari ushyigikiwe cyane n’abakunzi babo bahoraga babashima ariko Burna yatangaje gutandukana kwabo kuri Instagram.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mwiseneza Josiane yerekanye agataye ka fresh asigaye afite muri iyi minsi (Ifoto)

Abategura ibitaramo bifatiye ku gahanga kenny Sol wabavuyemo