in

Buriya umukobwa aba yifuza ko umukora hano hantu n’ubwo atabikubwira, aho nihe?

Hari ubwo umukobwa akwegera igihe muba muri kumwe ukabona aragenda akwiyegereza, rero muhungu nimba ubibonye kurikira umenye icyo gukora ntuzahushe amahirwe yaba aje agusanga.

Ntabwo bizakorohera kugera kucyo ushaka biragusaba kubyishakira kuko nutegereza ko azagira icyo akwibwirira ntabwo bizaba kuko iteka abakobwa bagira isoni.

1. Mu misatsi: buriya ni iby’agaciro iyo umukobwa yumva umukora mu misatsi kuko biba bimugaragariza ko wawukunze, buriya abakobwa bita k’umusatsi wabo kuko aricyo kigaragaza ko ari mwiza iyo awitaho, bimuryohera iyo yumwise umubwira uburyo umusatsiwe ari mwiza bimuzamurira amarangamutima.

2. Inyuma mu mugongo, iyo mugendana n’umukobwa cyangwa se muri kumwe aba yumva wahamukora kuko abenshi bagira ubukirigitwa rero iyo ubikoze gake gake witonze bimutera kwiyumva neza ntanubwo yagira imbaraga zo kukubuza.

3. Mu bworo bw’ikirenge, iyo muri kumwe mwitonze aba yifuza kuba wamukora mu bworo bw’ikirenge, nubwo bwose bikirigitana ariko ntabwo babyanga kuko bituma abakobwa bumva ko ubitayeho cyane.

Icyo ugomba kwitondera ni uko ugomba kubikora gake gake mbese nta mbaraga ubishyizemo kuko biryoha iyo ubikoze gake gake n’ubwitonzi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Damas John
Damas John
1 year ago

Musore wacu komerezaho kbs , inyanza turagukurikira!

Mbappe yakuyeho urunturuntu amagambo ku ruhande

Inkuru nziza ku muryango w’umukinnyi Jacques Tuyisenge