in

Breaking news: hatangajwe ibiciro bishya bya lisansi na Mazutu mu Rwanda

Leta y’u Rwanda yatangaje ibiciro bishya by’Ibikomoka kuri peteroli, nk’uko tubikesha RBA litiro ya lisansi igiye kujya igura 1609 Frw ivuye kuri 1460 Frw.

Mu gihe mazutu yo litiro yashyizwe ku 1607 Frw ivuye ku 1503 Frw.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Clarisse Karasira afashe icyemezo gikomeye

Icyongereza cya Perezida wa Rwamagana FC cyarikoroje ku mbuga nkoranyambaga