Ku munsi w’ejo hashize nibwo umukinnyi w’o hagati mu ikipe y’igihugu Amavubi yasabye ndetse anakwa umukunzi we Isimbi Dalida.
Bizimana Djihad yari agaragiwe n’abasore batandukanye barimo na myugariro wa Rayon Sports, Habimana Hussein Eto’o.

Nyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa, biteganyijwe ko indi mihango yose y’ubukwe bw’aba bombi bamaze imyaka irenga 4 bakundana izabera mu Karere ka Rubavu ku cyumweru.
