in

Bizimana Djihad yasabye ,aranakwa umukunzi we (Amafoto)

Ku munsi w’ejo hashize nibwo umukinnyi w’o hagati mu ikipe y’igihugu Amavubi yasabye ndetse anakwa umukunzi we Isimbi Dalida.

Bizimana Djihad yari agaragiwe n’abasore batandukanye barimo na myugariro wa Rayon Sports, Habimana Hussein Eto’o.

Nyuma y’umuhango wo gusaba no gukwa, biteganyijwe ko indi mihango yose y’ubukwe bw’aba bombi bamaze imyaka irenga 4 bakundana izabera mu Karere ka Rubavu ku cyumweru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: benshi birutse babonye umugabo wari ufite inzoka iteye ubwoba

Breaking News: Kwambara agapfukamunwa ntago bikiri itegeko