in

Biteye urujijo: yagiye mu kazi yisanga mu biro yatangiye gukora atarahagera

Umugabo utazwi yabonye ibibi muri byose nyuma yo kwibona yicaye ku kazi akora kandi aribwo akigerayo.

Ku ifoto igenda isangizwa ku mbuga nkoranyambaga, uyu mugabo yagiye mu biro bye amenya ko yari asanzwe ku biro akora kandi akora ibintu byose akenewe kuri uwo munsi nyamara aribwo ahageze.

Yego, biteye urujijo, umugabo yagiye mu biro abona undi muntu wo wambaye nka we ,ufite imiterere nk’iye ndetse basa neza neza yicaye mu biro bye akora akazi yagombaga gukora kuri uwo munsi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kuri Twitter : abantu byabacanze ubwo babonaga umusore yurira imodoka batazi aho aturutse

Umusore w’umusirimu yakubiswe n’umukobwa yashakaga kwambika impeta aramwandagaza bose babireba(Video)