in

Biteye agahinda: Umugeni ari mu gahinda kenshi nyuma yo kubura umusore bageze kwa padiri (video)

Kamashyaka Denyse ari mu gahinda kenshi nyuma yo gukundana n’umusore kuva 2007 kugeza bagiye gusezerana mu murenge maze kwa padiri umusore arabura.

Mu gahinda gakomeye Denyse ahishura ko yakundanye n’umusore gusa iwabo w’umuhungu ntabwo babyishimiye ,bityo mu mwaka 2019 yaje guterwa inda n’uyu musore maze ahungira Uganda.

Nyuma y’uko Denyse anyuze mu buzima butoroshye yaje kubyara maze agaruka i Butare akomeza gushakisha icyatunga umwana we dore ko umusore we yaje gukomeza kaminuza .

Ku itariki 3 kanama nibwo bari gusezerana kwa Padiri nyuma yo gukora umurenge mu mwaka washize niibwo umusore bamutegereje ku munsi w’ubukwe arabura.

Inkuru irambuye ya Denyse wabuze umusore kwa padiri

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Abakundana bibye telephone babavumbuye umuriro uraka

Abikorera bazize kuvuganira abaryamana bahuje ibitsina