in

Biteye agahinda disi!: Umukobwa ukiri muto cyane yishwe n’umupolisi nyuma yo kumwitiranya n’umugizi wa nabi

Umukobwa w’imyaka 21 wo mu gihugu cya Uganda wigaga ku ishuri rya “Uganda University Christian” yarashwe n’umupolisi ubwo yageragezaga kwinjira mu rugo rw’umupolisi ukomeye cyane yahitiranyije.

Natasha Nagayi yasohokanye n’umukunzi we mu kabyiniro maze yumvise ananiwe amwaka imfunguzo kugira ngo atahe ajye kuruhuka maze umukunzi we asigara aryoshya n’uko ageze mu gace uwo mukunzi we yari atuye ayoberwa umuryango atuyemo maze ashaka kwinjira mu rugo rwa “Assistant Superintendent of Police” Dismas Tebangole ahita araswa.

Uyu mukobwa yahise yishwa n’umupolisi acyeka ko yaba ari umugizi wa nabi kugeza ubu umupolisi warashe uyu mwana w’umunyeshuri amwitiranyije n’umugizi wa nabi arafunze mu gihe umurambo wa nyakwigendera wajyanywe ku bitaro ibi byabereye mu karere ka Mukono.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mama ninde umwana ninde? Bikomeje kugorana kumenya miss w’u Burusiya uwo ariwe ndetse na nyina uwo ariwe, niba nawe utamuzi nicyo gihe ngo uve mu rujijo(Amafoto)

Ntacyaruta urukundo rw’umubyeyi! Umubyeyi yemeye kwibabaza kugirango yisanishe n’umwana we urwaye kanseri yo mu mutwe