in

Biteye agahinda: Abageni n’abatumirwa bishwe nibyo kurya ku munsi w’ubukwe

Ibyari umunsi w’ibiyishimo byahindutse amarira mu gihugu cya Cameroon aho umugeni n’umukwe bitabye Imana.

Abantu bagera kuri 20 barimo umukwe n’umugeni we bapfuye nyuma yo kurya ifunguro ry’ubukwe bikekwa ko ryarimo uburozi.

Ibi byabereye ahitwa i Mbalmayo, mu karere ko muri Cameroon rwagati,nkuko amakuru dukesha Afrikmag abitangaza . Mu minsi yashize, abantu benshi bivugwa ko bapfuye bazize uburozi muri iki gihugu.

Kugeza ubu nta bisobanuro birambuye byatanzwe ku byabaye n’igihe byabereye, ariko amakuru avuga ko umubare w’abapfuye ushobora kwiyongera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hata umukunzi wawe ibi bibazo niba ushaka ko akwerurira ko yaguciye inyuma

Umuhanzi ukomeye muri Tanzania yaciye ibintu hanze aha nyuma yo kwegera kizigenza cristiano Ronald