in

Birashimishije! Yakoze ku mitima ya benshi nyuma yo guhindura ubuzima bw’umugabo wiberega ku muhanda atunzwe no gusabiriza (AMAFOTO)

Birashimishije! Yakoze ku mitima ya benshi nyuma yo guhindura ubuzima bw’umugabo wiberega ku muhanda atunzwe no gusabiriza.

Umugabo w’umugiraneza uzwi nka Mc Wanyoike Wa Mugure yakoze ku mitima y’abanya Kenya nyuma yo guhindura ubuzima bw’umugabo ufite ubumuga bwo mu mutwe wabaga ku muhanda.

Uyu mugiraneza yahuye n’uwo mugabo ubwo yari mu kazi ke i Makuyu, mu Ntara ya Murang’a.

Wanyoike yafashe uwo mugabo amujyana mu kigo kivura abafite uburwayi bwo mu mutwe.

Ubuzima bw’uyu mugabo bwarahindutse cyane.

Wanyoike ndetse yamuhaye inzu nshya yo kubamo.

Abinyujije kuri konte ye ya Facebook, uyu mugabo w’umugiraneza yanditse ati: “Ntabwo wakwemera ko uyu ari umugabo ufite ubumuga bwo mu mutwe nakuye i Makuyu Muranga..Murigu yarahindutse rwose agarura ubwenge bwe …agize andi mahirwe yo kubaho… dukwiriye guha Imana icyubahiro cyose..kumuhereza inzu byagenze neza..turashimira Bwana Murigu kuzuka “.

AMAFOTO

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP André Buhigiro: Hamenyekanye icyateye urupfu rwa André Buhigiro umwe mu bagabo 3 bagufi bamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga

Ibisambo byarimo umupasiteri byarashwe mu kico na Polisi ubwo byari biri kwiba abaturage byanabateye ubwoba