in

Birakirwa neza n’ingeri zose! Itangazo rirebana n’ibiciro bishya by’amashanyarazi

Umuyobozi ushinzwe Ubucuruzi n’Inganda yatangaje ko hari gukorwa amavugurura y’ibiciro by’amashanyarazi

Ibi byatangajwe ku buryo mu gihe cya vuba hazasohoka ibiciro bishya bigaragaza buri cyiciro cy’abantu ikiguzi kizajya gitanga ku mashanyarazi.

Urugomero rwa Rusumo ruhuriweho n’u Rwanda, Tanzania n’u Burundi rwatangiye gutanga amashanyarazi mu cyiciro cy’igerageza

Ndetse amashanyarazi yarwo arakoreshwa nubwo atari yagera kuri megawati 80 nk’uko byateganyijwe.

Izi ngufu z’amashanyarazi ziyongera ku zitangwa na Shema Power Lake Kivu na yo itanga megawati zirenga 36 muri 56 yagombye kuba iri gutanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Buri mukobwa n’umugore wese yumvireho! Mutesi Scovia yagiriye inama abakobwa n’abagore muri rusange (VIDEWO) 

Yahise imwibikaho! Milutin ‘Micho’ watojeho Amavubi, nyuma yo kwirukanwa mu ikipe y’igihugu ya Uganda ubu yahise asinyira ikipe nshya