in

NdababayeNdababaye

Birababaje: umugeni yishimishije n’umugabo we ahita apfa.

Umugeni yitabye Imana ubwo yishimishaga n’umugabo we ubwo bari bagiye mu kwezi kwa buki. Bivugwa ko umugeni, ufite inkomoko muri Afurika witwa Tatiana yapfuye nyuma y’iminsi 10 gusa nyuma y’ubukwe bwe, ubwo yari mu kwezi kwa buki hamwe n’umugabo we.

Nk’uko amakuru abitangaza, bivugwa ko Tatiana yagiye muri Cameroon aho afite umuryango, mu kwishimana n’umukunzi.

Ibitangazamakuru bivuga ko urupfu rwa Tatiana rwatewe n’ibyishimo byinshi , mu gihe andi makuru avuga ko yarwaye munda agapfa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru y’akababaro: Abantu benshi bikabije bahitanwe n’umwuzure w’imvura muri congo-Amafoto

Imanishimwe Emmanuel Mangwende agiye kugurwa Milliyoni 500 z’amanyarwanda n’ikipe ikomeye cyane