in ,

Benshi Ntibemeranya N’umunyamakurukazi Aissa Cyiza Uvugako Umuntu Wese Utari Umwana Yemerewe Gukora Imibonano Mpuzabitsina Niyo Yaba Atarashaka

Umunyamakurukazi uri mubakunzwe hano mu Rwanda akaba akorera Radio Yoyal FM yatangajeko gukora imibonano mpuzabitsina ari bimwe mubigize ubuzima ari nayo mpamvu igihe cyose urengeje imyaka 18 wemerewe kuyikora mugihe cyose udafashwe kugufu cyangwa ngo uyikore kugahato. Kuri Aissa Cyiza ngo singombwa ko utegereza igihe cyo gushaka umugore cyangwa umugabo.

Aissa Cyiza ibi akaba yabitangaje ubwo yaganiraga n’umunyamakuru Murungi  Sabin kuri Isimbi Tv maze ashimangira ko niba urengeje imyaka y’ubukure, ukifuza imibonano mpuzabitsina ugomba kuyikora ntakabuza. Yagize ati “…Nta tegeko ririho rivugako ugomba gukora imibonano wese agomba kuba yarashatse, uko niko njye (Aissa Cyiza) mbifata”

Abatanze ibitekerezo bamwe ntibemeranya n’uyu mukobwa kuko bavugako bidakwiye ahubwo umuntu agomba gutegereza akazabikora yamaze kubaka urugo.

Reba mumashusho uko Aissa yiza yabitangaje.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibidasanzwe wamenya ku mukobwa muto wiyubakiye amazu y’agatangaza.

Umukobwa w’umusirimu yafotorewe muri restora ahisha inyama mu isakoshi ye, abantu barumirwa (Video)