in

Benshi bari baziko agaseke kazapfundurirwa muri Stade Amahoro bwa mbere ari umupira w’amaguru! Guverinoma yatangaje igikorwa kizabera muri stade Amahoro bwa mbere

Nk’uko byamaze gutangazwa ko imirimo yo gusana Sitade Amahoro isa nk’iyageze ku musozo aho iyi sitade izaba ifite ubushobozi bwo kwakira abantu bagera ku 45000, ikaba itegerejwe na benshi ku munsi wo kuyitaha.

Benshi bari baziko umupira w’amaguru aricyo gikorwa cyambere kizabera muri sitade Amahoro gusa siko bikimeze.

Kuri ubu Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imyiteguro y’isabukuru ya 30 yo Kwibohora igeze kure ndetse ngo biteganyijwe ko nihatagira igihinduka izabera muri Stade Amahoro nshya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gufata ikaramu kwa Kylian Mbape agasinyira Real Madrid byatumye Cristiano Ronald wibereye muri Saudi Arabia aca agahigo ka mbere ku Isi -Ifoto

Munyandekwe Elisa yatawe muri yombi na RIB akurikiranyweho guhambira umugore we nk’uhambira itungo ryo mu rugo agiye kwiregura yavuze icyabimuteye benshi bagwa mu kanu