in

Benshi barasubira kwiga! Abanyeshuri bo mu Rwanda basabiwe kujya bagaburirwa inyama z’ingurube kubera ibanga ridasanzwe riba muri izo nyama

Abanyeshuri bo mu Rwanda basabiwe kujya bagaburirwa inyama z’ingurube kubera ibanga ridasanzwe riba muri izo nyama.

Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana yasabye ko abanyeshuri bo mu Rwanda bazajya bahabwa inyama z’ingurube ku ifunguro ryabo.

Uyu muyobozi yavuze ibi ubwo yari yitabiriye Inteko rusange yahuje ihuriro Nyarwanda ry’Aborozi b’Ingurube mu Rwanda.

Umunyamabanga Uhoraho muri MINAGRI, Dr. Olivier Kamana, yasabye ko ku mashuri hazajya hagaburwa Inyama z’Ingurube, kuko zikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye.

Indi mpamvu izi bazajya bakoresha izo nyama ni uko zo zinahendutse kurusha Inkoko n’izindi nyama.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Emma Lito n’umukunzi we batangaje taliki y’ubukwe bwabo

Inkuru nziza ku banyarwanda bakunda Amavubi: Wa mukinnyi wimwe u Rwanda burya ibye ntabwo byarangiye