in

Basore mwese mukureyo amaso yarafashwe! Nyambo ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi

Basore mwese mukureyo amaso yarafashwe! Nyambo ari mu munyenga w’urukundo n’umuhanzi.

Mu mashusho yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranya mbaga, umukinnyi wa filime Nyambo Jessica yagaragayemo yahuje urugwiro n’umusore witwa Molan Manzi.

Aba bombi bari bahuje urugwiro barimo baririmba indirimbo y’uyu musore ukizamuka mu muziki, baririmbaga indirimbo ye yitwa “Nuyu”.

Benshi cyane bakomeje kuvuga ko aba bombi baba bari mu rukundo bitewe n’uburyo bakunze kuba bahuje urugwiro ndetse bakaba ari inshuti cyane.

Ndetse benshi bavuga ko aba bombi bakundana mu buryo bw’ibanga kuko bombi batarabyemeza, gusa bamwe bemeza ko ari bimwe by’abastari baba badashaka abamenya ko bari mu rukundo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uretse gusuka amarira mu rusengero rwa Kimisagara nta kindi abitabiriye umuhango wo gusezera nyakwigendera Nyiramana bari gukora -AMAFOTO

Umukinnyi wa Filime wamenyekanye muri Black Panther ni umunyarwanda byemewe n’amategeko (AMAFOTO)