in

Basore mumenye ubwenge! Amayeri bamwe mu bakobwa bakoresha biriza kugira ngo bakure abasore yamenyekanye

Loving African American husband touching wife face with tender, apologizing after quarrel, man comforting woman, health problem, interruption unwanted pregnancy, miscarriage, relationships trouble

Abagore n’abakobwa bafite uburyo bwinshi bakoresha kugira ngo bigarurire umutima, ubushobozi n’ibitekerezo bw’umusore cyangwase umugabo bifuza.

Ubusanzwe, abagabo n’abasore akenshi nibo bizwi ko ari ababeshyi, gusa abakobwa bo iyo hari ushaka kukubeshya, we abikora neza cyane ku buryo kumuvumbura byakugora kuko bo bakoresha amayeri menshi atandukanye.

Uyu munsi Yegob twifuje kubasangiza intwaro y’ingenzi umugore akoresha kugira ngo abashe kwigarurira umutima w’umusore kugira ngo amukureho icyo amushakaho.

“Amarira atari ayanyayo” Ubusanzwe abakobwa n’abagore bagira amarangamutima yoroshye, bityo rero biraborohera kuzana amarira. Rero hari bamwe bakoresha ayo marira kugira ngo babashe gutuburira abahungu.

Urugero iyo ufashe umukunzi wawe ari kuguca inyuma, umukobwa ahita arira, kugira ngo agutere impuhwe ku geza aho akwereka ko nawe wamubabaje.

Hari igihe kandi ubwira ikintu umukunzi wawe, yaba atagishaka agahita arira nta kindi kintu abaye ahubwo ashaka kukwereka ko atakishimiye.

Rero ku basore, ntabwo ari byiza kwizera umuntu ushingiye ku marira, ahubwo kugira ngo umwizere, uzarebe ibikorwa akora udashyizemo ku marangamutima.

Ariko hari amarira aba ari ayanyayo, amarira ukwiye kwitondera ni ayo umukobwa yiriza cya gihe ari mu makosa cyangwa igihe hari icyo ari kugusaba.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ngerageze Dieu merci
Ngerageze Dieu merci
1 year ago

Ivyo ni ivy’ukuri cane gose amarira ntiyam asigura amarangamutim cnk urukundo rwinshi

Kiyovu Sports irabategereje! Abagande Joackim Ojera na Simon Tamale bafashije Rayon Sports kugera ku mukino wa nyuma ‘final’ – AMAFOTO

Nonese nawe ukina filime z’urukozasoni! Mu mafoto ihere ijijo ubwiza n’imiterere bya murumuna wa Isimbi Noelline ukina filime z’urukozasoni