in

“Bashaka kwica ubukwe” Mama Sava ahishuye ko hari abari kumugenda runono ngo ntazakore ubukwe bwa kabiri

Umukinnyi wa filime nyarwanda wamamaye nka Mama Sava yavuze ko hari abantu bashaka kwica ubukwe bwe n’umukunzi we bitegura kurushinga.

Ibi yabivuze mu kiganiro yakoreye kuri YouTube shene yitwa Gjc Media, aho yari yaje mu kiganiro bisanzwe.

Mama Sava avuga ko hari abantu biriwa babunza amagambo bamuvuga nabi ku mugabo we ndetse anavuga ko hari abamubwira ibibi by’umukunzi we.

Mama Sava yakomeje avuga ko ibyo bavuga ku mukunzi we atabyitaho kuko ngo ntibamurusha kubana na we cyane.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwihaye Imana yikase igitsina kubera yagerageje gutera akabariro bikamunanira-Amafoto

Umunyeshuri yasabye papa we amafaranga y’ishuri amusambanya inshuro zitabarika kugeza amuteye inda