in

Bari bakiri mu kwezi kwa buki disi! Abageni baguye mu mpanuka y’imodoka bateye benshi Intimba ikomeye 

Bari bakiri mu kwezi kwa buki disi! Abageni baguye mu mpanuka y’imodoka bateye benshi Intimba ikomeye

Abageni bapfuye baguye mu mpanuka y’imodoka nyuma y’icyumweru kimwe bakoze ubukwe, ubwo bari bavuye gushyingura se w’umugabo, bikaba byarabereye ahitwa Chongwe muri Zambia.

Ni umugabo witwa Blessings Maxwell Michael Banda n’umugore we, bapfuye baguye mu mpanuka y’imodoka ubwo bari bageze ku kiraro cy’ahitwa Nyangwena muri Chongwe.

Bivugwa ko Blessings Banda yari yagiye mu Ntara agiye gushyingura Papa we, nyuma we n’umugore bataha ntibyabakundira kugera mu rugo rwabo, kuko baguye muri iyo mpanuka ikomeye bakoze.

Nyakwigendera Blessings Banda, ngo ni we wari utwaye iyo modoka yo mu bwoko bwa Toyota Corolla, yakoze impanuka, ikangirika cyane nk’uko byagaragaye mu mafoto.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bagize ngo irimo imari ihenze: Kigali abana batoragura ibyuma basanze umwana w’uruhinja mu ikarito

Burya koko hatinda ubukwe: Umugore wa B-Threy ari kwitegura kwibaruka nyuma y’amezi atatu arongowe ku mugaragaro (VIDEWO)