in

Bagiye gusenga bagezeyo ubugabo bunanirwa kwihangana! Abana 4 b’imyaka 17 bafashe ku ngufu umwana w’imyaka 16 mu bwiherero bw’urusengero bari bagiye gusengeramo

Bagiye gusenga bagezeyo ubugabo bunanirwa kwihangana! Abana 4 b’imyaka 17 bafashe ku ngufu umwana w’imyaka 16 mu bwiherero bw’urusengero bari bagiye gusengeramo.

Ibi byabaye ku wa 3 Nyakanga 2023 kuri Calestial Church of Christ, urusengero ruherereye Ikosi Ketu muri Lagos.

Abo bana bane bari mu kigero cy’imyaka 17 aho bafashe ku ngufu umwana w’umukobwa uri mu kigero cy’imyaka 16 mu bwiherero bw’urusengero ubwo bari bagiye gusenga.

Pulse Ghana, ivuga ko abo bana bane batawe muri yombi bakekwaho gufata ku ngufu.

Aba bana bane bazagezwa imbere y’urukiko tari ya 2 Ukwezi gutaha mu gihe babaye bacumbikiwe mu kigo ngororamuco cya Adigbe ahitwa Abeokuta.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mugore! Dore ibintu bituma umugabo ava ku izama vuba akemera kugendera ku bitekerezo byawe

Amakuru agezweho: Abarimu 4 bo mu kigo gikomeye hano mu Rwanda bafashwe bakuramo inda umunyeshuri