in

Bagenderaho! Abakobwa ba Kigali ntibagikozwa kwambara amakariso kubera impamvu ikomeje gutangaza abanya-kigali bahora babihangira amaso

Abakobwa ba Kigali ntibagikozwa kwambara amakariso kubera ukuntu abicira imirimbire ndetse no kutabaha ubwinyagamburiro bw’igitsina.

Kubera impamvu nyinshi zigiye zitandukanye kwambara imyenda y’imbere ku bakobwa bikomeje kuba amateka.

Abakobwa bo muri Kigali baganiriye na IGIHE, bavuze ukuntu bagenderaho nta kariso bambaye kubera ibicira imirimbire.

Umwe yavuze ko umuguno wayo ugaragara iyo bambaye amakanzu bityo ugasanga bigaragaye nabi, aho bahise bahitamo kujya bagendera aho.

Abandi bavuga ko zibatera indwara, aho hari uwavuze ko zamuteye infection bigatuma ahita abireka.

Iki ni ikibazo gikomeje gutera inkeke abacuruza amakariso dore ko nta bakiriya bakibona nka mbere.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abasenga ni mujye ku mavi: Nyuma y’uko Paul wamenyekanye kuri YouTube yitabye Imana, umuvandimwe we Andereye na we uzwi cyane arembeye mu bitaro kubera uburwayi

Yannick Mukunzi agiye kuza mu ikipe y’igihugu Amavubi atishyimye kubera ibyo ikipe ye ihuye nabyo kuri iki cyumweru