in

Babikora nk’inkoko: Hamenyekanye igihugu cya mbere kibamo abanduye Sida kurusha ibindi byo muri Afurika

Mu bushakashatsi bwakozwe bwerekanye ko byibuze abaturage 27% banduye Sida mu gihugu cya Eswatini.

Raporo y’Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika gikora Ibarura, World Population Review, igaragaza uko ibihugu bikurikirana mu kugira abaturage benshi banduye agakoko gatera SIDA, yashyize Eswatini ku mwanya wa mbere.

World Population Review yagaragaje ko abafite agakoko gatera Sida muri Eswatini, mu 2020 bari bihariye 26.8% by’abaturage bose b’iki gihugu, ari naryo janisha riri hejuru ku isi.

Ahanini igitera izamuka ry’iyi mibare ni ubukane bubarizwa muri iki gihugu aho abagore bisanga bagiye mu busambanyi.

Umubare mwinshi w’abanduye ni abagore.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Umusaza w’imyaka 63 yaturutse mu gihugu cy’u Bwongereza agera mu gihugu cya Uganda atwaye imodoka

Wagira ngo ntabwo abyeye 5! Umushabitsi Zari Hassan akomeje kwigaraza nk’inkumi y’imyaka 20 – AMAFOTO