in

Asazanye irari! Umusaza w’imyaka 84 yishe umugore we kubera gufuha ndetse no kutihanganira kwangirwa gutera akabariro

Umusaza w’imyaka 84, witwa Gabriel Ahuwa, yo mu gihugu cya Nigeria, yiyemereye ko yishe umugore we w’imyaka 75 kubera umujinya kuko ngo yangaga ko baryamana, kandi akajya anumva bamubwira ko hari abayobozi bo mu itorero baryamana n’uwo mugore we.

Uwo musaza yafashwe na Polisi, akurikiranywe icyaha cy’ubwicanyi nk’uko byemejwe n’umuvugizi wa Polisi muri Leta ya Edo, Benin City, SP Chidi Nwabuzor.

Gabriel Ahuwa, yavuze ko ashinja umugore we kuba yararyamanaga n’abayobozi bo mu itorero yasengeragamo ariko we yamusaba ko baryama akamuhakanira.

Ibyo rero ngo ni byo yatumye agira umujinya yica uwo mugore we bari bafitanye abana barindwi (7).

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Twebwe nk’aba-Rayon turishimye, uyu mutoza atoza ibintu dukunda” Abafana ba Rayon Sports bakinnye ku mubyimba abakunzi ba APR Fc kubera amagambo bavuze ku mutoza wayo – VIDEWO

“Kariya ka nyama kazarikora pe!”: Umukambwe w’imyaka 84 y’amavuko yishe umugore we w’imyaka 75 amuziza y’uko yanze ko baryamana ngo yiterere akabariro