Umunyarwenya ukomeye cyane hano mu Rwanda Dogiteri Nsabi yongeye gutembagaza imbaga y’abantu yifashishije impano ye idasanzwe yo gusetsa.
Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram ya Killa Man yagaragaje umukinnyi uri kuzamuka neza muri uyu mwuga Dr Nsabi ari kubwiriza maze akazajya atukana hanyuma akarenzaho Hareruya mu buryo busekeje cyane.
Na we irebere amashusho y’uburyo yabikoragamo:
Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma yo kubona aya mashusho:
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.