in ,

“Ariko iki si gicucu Areruya” Dogiteri Nsabi yatembagaje abantu ubwo yatukanaga mu rusengero kandi ari Pasiteri (video)

Umunyarwenya ukomeye cyane hano mu Rwanda Dogiteri Nsabi yongeye gutembagaza imbaga y’abantu yifashishije impano ye idasanzwe yo gusetsa.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram ya Killa Man yagaragaje umukinnyi uri kuzamuka neza muri uyu mwuga Dr Nsabi ari kubwiriza maze akazajya atukana hanyuma akarenzaho Hareruya mu buryo busekeje cyane.

Na we irebere amashusho y’uburyo yabikoragamo:

 

Bimwe mu byo abantu bagiye bavuga nyuma yo kubona aya mashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mbere yo kwihutira gufata imiti irwanya uburibwe bw’umugongo dore ibintu 6 by’ibanze ukwiye gukora urwanya ubwo bubabare

Genda Killa Man ntiworoshye: Umunyarwenya Killa Man yatangaje itariki yamburiyeho umugore we ubusugi n’ibiryo bariye ku munsi wa mbere babana (video)