in

Ariel ways yavuze ikipe afana bamwe mu abakunzi be bahita bamushiraho

Umuhamzikazi Ariel Ways ukunzwe n’abatari bake yavuze ikipe afana hano mu Rwanda hagati ya APR FC na Rayon Sports zihora zihanganye.

Ariel ways mu makuru ya Radio Rwanda yavuze ko akunda kurya ifiriti n’inkoko hanyuma avuga ko kandi afana Rayon Sports.

Bamwe mu bamukundaga bafana APR FC bahise batangira kumwikoma bavuga ko nubundi afana mukeba. Ariel ways aje yiyongera kuri Dj Brianne waherukaga kuvuga ko afana Rayon sports.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
kanacastarus@gmail.com
kanacastarus@gmail.com
1 year ago

Arakaza neza mumuryango mugari w’aba Rayon

“Isabukuru nziza ku mukobwa mwiza nka mama “Shaddyboo yifurije umwana we isabukuru nziza

Musanze: imodoka igonze umugore ufite impanga