in

Arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Umunyarwenya wari ukomeye mu Rwanda wagiye gutura hanze yagarutse i Kigali mu biruhuko agaruka yaraguye n’umuryango(AMAFOTO)

Arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Umunyarwenya wari ukomeye mu Rwanda wagiye gutura hanze yagarutse i Kigali mu biruhuko agaruka yaraguye n’umuryango

Umunyarwenya Ramjaane n’umugore we Gentille Umuhoza n’abana babo batatu baje i Kigali mu biruhuko. Ni nyuma y’imyaka irindwi babarizwa muri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 4 Nyakanga 2023, nibwo Ramjaane n’umuryango we basesekaye ku kibuga cy’indege cya Kigali, i Kanombe.

Ramjaane yamenyekanye mu itangazamakuru mu Rwanda aho yakoze mu bitangazamakuru nka Sana Radio, Radio Authentic , KFM, Royal Fm no ku Isango star.

Ricky Nzeyimana ari mu bagiye kwakira Ramjaane n’umuryango we ku kibuga kindege I Kanombe.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntajya atinya no kwambara ikote ryonyine akajya no mu ruhame! Dj Sonia yongeye kunyeganyeza urubuga rwa Instagram kubera amafoto yasohoye (AMAFOTO)

“Iwabo bamwita ETo mushya” Nyamukandagira imanuye rutahizamu w’umunya-Cameroon uca inshundura