in

Arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Umunyarwenya wari ukomeye mu Rwanda wagiye gutura hanze yagarutse i Kigali mu biruhuko agaruka yaraguye n’umuryango(AMAFOTO)

Arashyuha ariko ntiyibagirwa iwabo wa mbeho: Umunyarwenya wari ukomeye mu Rwanda wagiye gutura hanze yagarutse i Kigali mu biruhuko agaruka yaraguye n’umuryango

Umunyarwenya Ramjaane n’umugore we Gentille Umuhoza n’abana babo batatu baje i Kigali mu biruhuko. Ni nyuma y’imyaka irindwi babarizwa muri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 4 Nyakanga 2023, nibwo Ramjaane n’umuryango we basesekaye ku kibuga cy’indege cya Kigali, i Kanombe.

Ramjaane yamenyekanye mu itangazamakuru mu Rwanda aho yakoze mu bitangazamakuru nka Sana Radio, Radio Authentic , KFM, Royal Fm no ku Isango star.

Ricky Nzeyimana ari mu bagiye kwakira Ramjaane n’umuryango we ku kibuga kindege I Kanombe.

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Ntajya atinya no kwambara ikote ryonyine akajya no mu ruhame! Dj Sonia yongeye kunyeganyeza urubuga rwa Instagram kubera amafoto yasohoye (AMAFOTO)

“Iwabo bamwita ETo mushya” Nyamukandagira imanuye rutahizamu w’umunya-Cameroon uca inshundura

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO