in

Araniha! Mugabo, ngibi ibizakwereka ko umugore muryamanye agiye kurangiza

Kurangiza ku mugore bisobanuye kugera ku ndunduro y’ibyishimo aba yahuye na byo mu gikorwa cyo gutera akabariro n’umugabo.

Muri iyi nkuru tugiye kugaruka kuri bimwe mu bintu byakwereka ko umugore muri guterana akabariro agiye kurangiza

Ngibi ibizakwereka ko umugore agiye kurangiza.

Umubiri uvubura umusemburo witwa endorphine, uyu musemburo ukaba n’ ubusanzwe ari wo utera ibyishimo by’ umubiri no mu buzima bwa buri munsi.

Rugongo ye (clitoris) isa n’ aho isubirayo cyane cyane ko mu gihe cyo kubishaka iba yongereye ingano cyangwa se yahagurutse nk’ uko igitsina gabo kibigenza.

Umutima uratera cyane, bityo n’ imitsi y’ amaraso nayo ikabyimba. Ibi byose biterwa na bya byishimo bidasanzwe umugore wese yifuza kugeraho.

Bamwe mu bagore bavuza induru, kurira, kuniha, kunosha uwo muri kumwe mukorana iyo mibonano, kumufata ukamukomeza, guceceka ntukome, kuvuga amagambo menshi ariko atari kuri gahunda, n’ ibindi byinshi bitandukanye bitewe na buri muntu uko abyifatamo.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amatora yari akaze! Kuri Twitter habereye amatora y’umukobwa uhiga undi hagati ya Miss Pamela na Ariel Wayz, dore uwahize undi

ikipe y’igihugu Amavubi izabanza ikine umukino wa gicuti mbere yo gucakirana na Benin