in

APR Fc yateye intambwe ishimishije igana kuri Rayon Sports

Ikipe ya APR fc yateye intambwe ishimishije yuzuza abantu ibihumbi ijana by’abayikurikira ku rubuga rwa X rwahoze ari Twitter.

Iyi kipe imaze imyaka ine yikurikiranya itwara Igikombe cya shampiyona y’icyiciro cya mbere Rwanda, kuri uyu wa kabiri tariki 7 Ugushyingo nubwo yujuje abantu ibihumbi ijana by’abayikurikira kuri X.

APR Fc yahise yandika ubutumwa bushimira abantu bose ibihumbi 100 bayikurikira.

APR Fc yanditse iti “Turashimira abantu barenga ibihumbi 100 tubana umunsi ku munsi. Muri ab’agaciro!”
Kugezwa ubu ikipe ya Rayon Sports niyo kioe ikurikirwa cyane kuri X aho ikurikirwa n’abantu ibihumbi 146.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yageneye ubutumwa abakinnyi bayo bose bari mu ikipe y’igihugu Amavubi (AMAFOTO)

Ntiwabonamo Ruhango! Uturere 10 twa mbere mu Rwanda dufite abantu benshi bize amashuri yisumbuye ‘Secondary’