in ,

Anita Pendo yakoze ku ndiba y’umutima w’umusore washakaga kureba mu maso h’umwana we

Anita Pendo, umunyamakurukazi akaba numwe mu bashyushyarugamba bakomeye cyane hano mu Rwanda, uyu uherutse no kwibaruka umwana w’umuhungu yabyaranye n’umusore uzwi ku izina rya Ndanda, akaba kuri uyu munsi yashyize hanze ifoto ye ateruye umwana we yagize byinshi abwirwa n’abafana be bavuga ku mwana we aherutse kwibaruka.

Anita Pendo n’umuhungu we

Nkuko benshi mu bafana ba Anita Pendo babitangaje akimara gushyira hanze iyi foto ye ateruye umwana we ku rukuta rwe rwa instagram, bagiye bagaruka ku gutangarira ukuntu uyu mwana we ahise akura nyuma y’igihe kitari kinini avutse gusa hagaragaye umusore umwe mu bafana be ukomeje gutsimbarara mu gushaka kureba mu maso h’uyu mwana nubwo ababyeyi be batajya baherekana gusa Anita Pendo yahise amwemerera ko bazahamwereka vuba, ibi bikaba byakoze ku ndiba y’umutima y’uyu musore akanyamuneza kakamurenga mu gihe atindiwe n’iminsi kugirango arebe mu maso h’uyu mwana.

Bimwe mu byatangajwe n’abafana ba Anita Pendo

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwandakazi Supersexy yishyize hanze agaragaza umwenda w’imbere abagabo baravugishwa

Abakinnyi bayoboye abandi mu Rwanda mu guhembwa neza bashyizwe ahagaragara