in ,

Anita Pendo akomeje guteza urujijo mu bafana be kubera amagambo arimo gutangaza

Anita Pendo, umwe mu bashyushyarugamba bakomeye hano mu Rwanda akaba ndetse n’umwe mu banyamakuru b’imyidagaduro bakomeye cyane hano mu Rwanda ndetse bamaze kumenywa n’imbaga y’abantu batari bake, mu ntangiriro z’uko kwezi abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yatangaje amagambo asa nk’uganya gusa ntiyigeze atangaza uwo yaganyirizaga, ibi byaje guteza urujijo mu bafana be.

Nkuko bigaragara muri aya magambo Anitha Pendo amaze igihe atangaza abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, biragaragara cyane ko arimo kwiyegereza Imana cyane ndetse ko akomeje kugenda ayishimira byinshi ikomeje kumushoboza. Ibi bikomeje guteza urujijo mu bafana be bakeka ko haba hari ibindi bintu by’aba byihishe inyuma y’aya mashimwe ya Anitha Pendo nkuko bamwe bagiye babitangaza.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ishyushye: Icyo Safi yashakaga akora ubukwe n’umugore we yakigezeho

Barack Obama na Michelle Obama bakoze agashya mu birori byo kwizihiza imyaka 25 bamaranye