in

Andi makuru mashya kuri wa mumotari uherutse gukubitwa n’ibisambo bikamukura amenyo atandatu

Umusore witwa Nshimyumuremyi Bienvenue wari usanzwe ari umumotari mu mujyi wa Kigali akomeje gusaba ubutabera nyuma yo kumara ukwezi akubiswe n’itsinda ry’abajura bamutegeye mu nzira bakamwambura telefone ndetse ku buryo yakutse amenyo atandatu.

Nshimyumuremyi avugako yimwe ubutabera kuko nyuma yo kwamburwa ibye akanakubitwa yahise yibwa moto ye gusa atungurwa nuko ababikoze bafunzwe iminsi mike bahita barekurwa.

Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry yamaze impungenge uyu musore kuko yatangaje ko ibirego bye bizwi n’uru rwego ndetse kandi n’aba bakekwaho ku mwiba no kumukorera urugomo bari gukorwaho iperereza.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Namuhaye bwiswi ya 50 rfw” Nsabi mu gahinda kenshi yavuze ibyo umukobwa yamukoreye ubwo yari amuhaye agapapuro ganditseho amagambo g’urukundo kandi amaze no kurya bwiswi yamuhaye

Bidasubirwaho: Ikipe y’igihugu Amavubi yahise isezererwa muri CECAFA itarenze umutaru nyuma y’Imikino 2