in

Amfoto: Undi munyamakuru wa RBA nawe yambitswe impeta y’urukundo

Muri iyi minsi abanyamakuru ba RBA barimo bagenda bambwikwa iyurudashira n’abakunzi babo.

Christelle Kabagire wamenyekanye mu biganiro by’imyidagaduro kuri televiziyo y’u Rwanda yatangaje ko yambitswe impeta n’umukunzi wamusabye kumubera umugore.

Kuri uyu wa mbere tariki 6 Kamena 2022, nibwo Christelle Kabagire yashyize hanze amafoto agaragaza uko byari bimeze ubwo yambikwaga impeta n’umukunzi we.

Byari nko korosora uwabyukaga kuko Christelle yivugira ko ari ye YEGO yavuze byoroshye mu buzima bwe. Ati “ Yego navuze byoroshye mu buzima bwanjye.”

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mukobwa n’umwe ukunda kubwirwa aya magambo na sheri we

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Miss Vanessa Uwase (Video)