in

Amateka yongeye kwandikwa mu muryango wa Sentore

 

Umutoza w’itorero ry’igihugu ‘Urukerereza’ ndetse akaba n’umuhanzi ukomeye cyane mu indirimbo z’umuco nyarwanda Masamba Intore ari mubyishimo bikomeye cyane nk’uko yabigaragaje ubwo yaganiraga n’Inyarwanda.

Intore Masamba avuga ko se umubyara Sentore Athanase mu 1958 yagiye ari umutoza mu Itorero ry’igihugu ari kumwe n’Umwami Rudahigwa mu imurikabikorwa i Bruxelles mu Bubiligi ataha intsinzi.
Akomeza agira ati “mu 2023 njyanye n’Itorero ry’Igihugu ndi umutoza mu kwizihiza ibirora by’umunsi wa commonwealth byabereye i westminster mu Bwongereza kandi dutahana intsinzi ndetse n’igitego urabyumva amateka arandiswe ndi mu byishimo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umurambo warugiye gushyingurwa wavuye mu isanduku abantu bavuza induru(Videwo)

Amakuru meza ku bakunzi b’umunyamakuru Horaho Axel wamenyekanye mu kiganiro ’Urukiko rw’Ubujurire’ cya Fine FM