in

Amashusho y’urukozasoni akurikiwe no kuza kwiyerekana i Nyarugenge

Sheilah Gashumba yatumiwe i Kigali mu birori bya ‘The stage fashion showcase’, azaserukana n’umukunzi we Rickman uherutse gukubitwa na Grenade, uri mu bahanzi bafite izina muri Uganda.

Umwe mu bari gutegura ibirori bya ‘The stage fashion showcase’ yemereye IGIHE ko bategereje Sheilah Gashumba uzaba ari kumwe n’umukunzi we muri Marriott Hotel ubwo hazaba haba ibi birori.

Mu mpera za Nzeri 2023 nibwo Gashumba yifashishije imbuga nkoranyambaga yikomye Grenade amushinja urugomo no guhohotera umukunzi we Rickman.

Icyo gihe uyu mukobwa yagaragaje ko ababajwe n’urugomo Grenade yakoreye Rickman kugeza ubwo amuhondaguye bikamuviramo kujyanwa kwa muganga.

Uyu mukobwa yavuze ko Grenade yashotoreye Rickman mu kabari kitwa ‘La Terezza’ aho bari bagiye kurebera umupira, amukubita ikirahure ahita yirukira kuri moto.

Nyuma y’intambara na Grenade, yaba Sheilah Gashumba na Rickman batumiwe mu birori bya ‘The stage showcase’ biteganyijwe kubera muri Marriott Hotel ku wa 14 Ukwakira 2023.

Byateguwe na sosiyete ‘Ssanduina Ltd’ y’umunyamideli Mucyo Sandrine.

Mu minsi yashize nibwo Sheilah Gashumba yashyizwe hanze yambaye ubusa buri buri ari kwikinisha ndetse ari kumwe n’umukunzi we, bagiye no kuzana i Kigali.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubona ibi bintu 3 ku musore uzamenye ko agukunda by’ukuri kandi akuba birenze ndetse akubuze byamugora kubyakira

Kompanyi ya Betting ikomeye hano mu Rwanda igiye gusinyana amasezerano na League kugirango ijye ihemba umukinnyi n’umutoza w’ukwezi ibintu biba i Burayi cyane