in

Amashusho y’umusore wabyinaga mu rusengero yigize nk’umusinzi Shaddyboo yayifashishije abaza niba bahana abasinzi batwara imodoka naho ngo mu rusengero ho babakorera iki, gusa aratagaje

Amashusho y’umusore wabyinaga mu rusengero yigize nk’umusinzi Shaddyboo yayifashishije abaza niba bahana abasinzi batwara imodoka naho ngo mu rusengero ho babakorera iki gusa aratagaje

Ni umusore wamamaye mu kibyina igisirimba cyane ariko amashusho ye ugasanga ABA ashimishije nubwo bamwe bayafata nkaho hari ibyo aba akora batemera.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Shaddyboo yifashishije amashusho yuwo musore abaza abantu niba bahana abatwaye imodoka banyweye inzoga babahana ubwo abo mu nsengero bo bakorerwa iki?

Bimwe mu byo yasubijwe !

Amashusho

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya ibyiza utari uzi byo kurya karoti

“Mu ibondo ntibahatwitira kereka niba uhaka” Rumaga usanzwe ari umuhanga mu kinyarwanda, inda yateye ikomeje kuba ikibazo kuyemera bikomeje kugorana