in

NdababayeNdababaye

Amashusho y’umugome y’abarimu bagaragaye bakubita umunyeshuri bunyamaswa yababaje ababyeyi bose.

Mu mashusho yo kuri instagram yagaragayemo abarimu bane bose bakubita umunyeshuri wo mu yisumbuye mu buryo bubabaje cyane, aho bahataga inshyi nimigumi nyinshi mu matama.

Muri aya mashusho, umunyeshuri yagaragaye bamuryamishije hasi adafite imbaraga zo kurwana nabarimu mu gihe aba barimu bari bamufashe amaguru namaboko nta kwinyeganyeza umwe muri bo yamukubitaga inshyi n’amakofe mu misaya mu buryo bwa kinyamaswa nta mbabazi.

Ikosa umunyeshuri yakoze kugirango akubitwe nta mbabazi ntiryamenyekanye gusa abarebye ayo mashusho bagize agahinda kubera ubugome bw’aba barezi bo mu mashuri yisumbuye.

Kanda kuri iyi link urebe uko byari byifashe

https://www.instagram.com/tv/CW8fyXbl_3P/?utm_medium=copy_link

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyezamu w’ikipe y’abagore yariye karungu akubita umusifuzi ,umupira urahagara(Video)

Umusore yashatse kwiyahurira kuri Banki nyuma yo gutuburirwa, reba ibyo yakoze(Video)