in

Amashusho: Kanye West n’umukunzi we bari bivuganwe n’umugabo i Los Angeles

Kanye West n’umukunzi we bari bivuganwe n’umugabo i Los Angeles

Kanye West n’umukunzi we Bianca Censori bari kuvugisha benshi muri iyi minsi, bibasiwe n’umugabo wari wuje uburakari bwinshi ubwo bari Los Angeles.

Uyu mugabo yagaragaye atuka cyane aba bombi aho byasaga n’aho hari ibibazo asanzwe afitanye na Kanye West, gusa ntawe urabasha gutangaza neza ikibazo yaba afitanye nabo.

Usibye gutuka Kanye West amubwira ko ari mu matware ye kandi, uyu mugabo yumvikanaga agaruka ku bijyanye na Sekibi, umubare 666 ndetse agenda agaragaza ibimenyetso bitandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Ishimwe Naomi aratwite?

Umubano uri hagati y’umugabo wa Zari n’abana yabyaranye na Diamond Platnumz ukomeje gukora benshi ku mutima (Amashusho)