in

Amashirakinyoma ku nkuru y’umukecuru w’imyaka 60 kuri ubu ufungiwe mu kigo cy’inzererezi

Amashirakinyoma ku nkuru y’umukecuru w’imyaka 60 kuri ubu ufungiwe mu kigo cy’inzererezi.

Mukangarambe Anonciata  uri mu kigero cy’imyaka 60 afungiwe mu nzererezi  ashinjwa gutuka inzego z’umutekano nk’uko ubuyobozi bwabivyuze.

Uyu mukecuru utuye mu Karere ka Nyabihu, afungiwe mu kigo cy’inzererezi cya Karago akurikiranyweho gukora ibikorwa bibangamiye umudendezo w’abaturage.

Bivugwa ko intandaro yateye ibi ari ukubera amatungo ye yafashwe aragirwa ku gasozi ubu ubuyobozi bukamuca mande angana na 20,000 frw.

Husa aba ntibanyuzwe nibwo bakoranyeho bakabwira n’abandi ngo baze bamwake andi ma frw gusa uyu mukecuru ntago yabyemeye kuko yahise asaba ko yasubizwa nayo yari yatanze mbere, nibwo aba bayobozi bamushinjije kubatuka bikarangira yoherejwe mu kigo ngororamuco.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mvukiyehe Juvenal ikifuzo yari afite kuri Kiyovu Sport cyashyizweho akadomo

Nyuma yo kubona umwana wa Cyusa uwari umukunzi we avuze amagambo akomeye