in

Amashirakinyoma ku iby’ubukwe bw’umugwizatunga Zari na Shakib

Umunyamideli w’umuherwekazi Zari Hassan yavuze ku bukwe bwe na Shakib bwavugishije abatari bake ku mbuga nkoranyambaga.

Mu mashusho yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagize ati “Buri kimwe kiri mu mwanya wacyo ariko si ukubera igitutu kuko undi muntu yasezeranye mu Karere k’Iburasirazuba, ese nta bandi bantu bazongera gusezerana?”

Akomeza agira ati: “Kubera iki buri gihe iyo bigeze kuri njye abantu babona ibyo kuvuga?Ntabwo Shakib yabyutse mu gitondo ngo afate umwanzuro ngo dusezerane kubera igitutu kuko undi muntu yasezeranye, ntabwo ari amarushanwa kuko si we wa mbere wari usezeranye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ese wari uziko urubuto rwa Watermelon rushobora kukugira indashyikirwa mu gikorwa cyo gutera akabariro

Byakomeye! Dore ibisambo bimaze kuyogoza abaturage byize amayeri mashya abantu mutazi ndetse mutanatekerezaga ko byakoresha (VIDEWO)