in

Amarira yashokaga ku matama y’umubyeyi wa Junior Multisystem, gusa hari ikintu ashimira Imana ku muhungu we

Kuri uyu wa 2 kanama 2023, nibwo Jean Luc KARAMUKA (Junior Multisystem) yasezeweho bwa nyuma.

Umubyeyi we washimiye Imana ko Junior atashye nk’umukiranutsi , yavuze ko kuri we atari umwana we gusa , ahubwo yari umugabo we n’inshuti ye idasanzwe kandi azamukumbura.

Junior Multisystem yitabye Imana ku wa 27 Nyakanga 2023 azize indwara y’impyiko yari amaranye igihe ariko atabizi, ni indwara yamufashe mu gihe yari ahanganye no gukira akaboko yari amaze igihe aciwe nyuma yo gukora impanuka ikomeye mu 2019.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamukandagiramukibuga yihariye imachini z’ibitego! Ikipe ya APR FC inyagiye ikipe ibura aho kugama -AMAFOTO

Iki nicyo bita kubika ubwoba mu ba Rayon! Umukino wambere Apr Fc ikinnye ifite abanyamahanga mudahusha wayo ateye ubwoba amakipe yose yo mu rwanda aterekamo hatirike