in

Amarira aba miss bariraga y’ibyishimo yabaye amarira y’agahinda

Nkuko twese tubizi, ababaga batowe muri miss rwanda bahabwaga ibihembo bitandukanye ndetse bakanabongereraho kwiga muri university of kigali ku buntu gusa ariko amaso yaheze mu kirere.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru inyarwanda.com, cyagiye kubaza amakuru agendanye n’iyo kaminuza kuba itarimo kwishyurira abakobwa batsinze muri miss rwanda nkuko bari babyemeye gabaruka bahakuye igisubizo bamwe bari bamaze iminsi bibaza impamvu yabyo.

Nkuko tubizi, umuyobozi wa organisation yateguraga amarushanwa ya Miss rwanda ariwe prince kid yatawe muri yombi akekwaho ibyaha bitandukanye, ibi bikaba byaratumye University of kigali ibura amwe mu makuru yari ikeneye bituma baba bahagaritse kubishyurira.

Umuyobozi mukuru wa kaminuza ya kigali nta bisobanuro byinshi yahaye uwo munyamakuru ikizwi neza ni uko yamubwiye gutaha akzagaruka amuzaniye urupapuro rw’ibibazo agahabwa ubusobanuro yifuza.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yanyweye imiti itera ubushake mu guterwa akabariro arasara arasizora

Udukingirizo tumaze gutangwa muri expo mu cyumweru kimwe turaruta abazitabira igitaramo cya The Ben