in

Amakuru yihutirwa areba abanyeshuri bakoze ibizamina bya Leta

Kuri iki cyumweru nibwo hasohotse amakuru avuga ko ikigo k’igihugu gishinzwe ibizamini bya Leta ‘NESA’ cyasohoye amanota, ariko aya makuru yaje kuvuguruzwa n’iki kigo.

Mu itangazo NESA yanyujije kurukuta rwa Twitter yavuguruje aya makuru, itangaza ko ari ibihuha kandi igihe amanota azasohorerwa kigomba kumenyeshwa.

Riragira riti” Mwiriwe neza, amakuru avuga ko amanota y’ibizamini bya Leta yatangajwe, ni ibihuha. Ntabwo aratangazwa. Igihe amanota azasohorerwa muzakimenyeshwa.”

 

Ibi byose biri gukomeza kuza bitewe nuko benshi mu banyeshuri bakoze ibizamina bya Leta, barimo kwibaza niba ubwo amashuri azafungura bo batazajyana n’abandi.

Umwaka w’amashuri kubanyeshuri batakoze ibizamina bya Leta azatangira tariki 26 nzeri 2022.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uburwayi bwa YAGO bwatumye yamburwa telefone ye ihabwa abandi

Abarundi bagaragaye bakoma ingoma mu gitaramo cy’ubusambanyi bagiye gufatirwa ibihano bikakaye