in

Amakuru meza ku muhanzikazi Rihanna wari umaze imyaka irindwa adasohora indirimbo

Harabura amasaha macye kugirango Rihanna ashyire hanze indirimbo nshya ebyiri nyuma y’ imyaka 7 adasohora indirimbo nshya.

Rihanna wari umaze imyaka irindwa adasohora igihangano gishya agiye gushyira hanze indirimbo nshya izanakoreshwa muri Filime ya Marval.

Indirimbo Rihanna ari bushyire hanze izakoreshwa nka sound track za Filme ya Black Panther izasohoka mu kwezi gutaha.

Rihanna akaba agiye gusohora igihangano gishya (Lift me Up) nyuma yo kwibaruka imfura ye n’umuraperi ASAP Rocky.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papi n’umugore we barokotse impanuka ikomeye yari no kubahitana

Miss Umunyana Shanitah ikigezweho ubu agiye kwitabaza inkiko