in

Amakuru meza ku bantu bahendwaga n’ibicanwa: Mu Rwanda amashyiga akoresha imirasire y’izuba agiye kuba igisubizo ndetse benshi bashobora guhita batera umugongo Gas n’amakara byabahendaga

Amakuru mashya: Mu Rwanda amashyiga akoresha imirasire y’izuba agiye kuba igisubizo ndetse benshi bashobora guhita batera umugongo Gas n’amakara byabahendaga

Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) ku bufatanye na Kaminuza yo mu Bwongereza, Coventry University, yatangiye gukora ubushakashatsi bugamije gukusanya amakuru ku bwoko bushya bw’amashyiga akoresha imirasire y’izuba.

Aya mashyiga mashya namara gutunganywa, azifashishwa mu kugabanya ikoreshwa ry’inkwi n’amakara mu rwego rwo kurengera ibidukikije nk’uko byemezwa na sosiyete ishinzwe ingufu mu Rwanda REG.

Bivugwa ko amakuru azava muri ubu bushakashatsi azifashishwa mu kwerekana ko bishoboka gukoresha imirasire y’izuba mu guteka, cyane cyane ku batuye mu byaro.

Ubu bushakashatsi bwa Sosiyete y’u Rwanda Ishinzwe Ingufu (REG) ifatanyije na Kaminuza ya Coventry yo mu Bwongereza buteganyijwe kuzarangirana n’ukwezi kwa karindwi k’umwaka wa 2024.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP: Umukinnyi wa filime wamenyekanye muri Black Panther na filime nyinshi za Avenger yitabye Imana icyarimwe n’abana be batatu

Ku Isi hose niwe wabikoze: Lionel Messi yanditse amateka yatumye ibuhugu byose byo ku Isi n’abakinnyi bose muri rusange bahabwa umukoro