Mu gihe hashize igihe kinini abifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu buryo bwa burundu bifuza gukora ibizamini, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu 15h00, urubuga Irembo ruzaba rufunguye ku bashaka kwiyandikisha.
in Mu Rwanda
Amakuru mashya: Kubifuza gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga

Subscribe
Login
0 Comments