in

Amakuru mashya: Kubifuza gukorera impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga

Mu gihe hashize igihe kinini abifuza gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga mu buryo bwa burundu bifuza gukora ibizamini, Polisi y’u Rwanda yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu 15h00, urubuga Irembo ruzaba rufunguye ku bashaka kwiyandikisha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impungenge ni zose ku kibazo cy’ubusinzi n’uburaya bikomeje kubangamira abaturage bo mu gace bita kuri 40 i Nyamirambo

Ahamanuka n’ahazamuka hose aranyonga: Miss Naomie yatumye abantu bacika ururondogoro nyuma yo kugaragara ari ku igare(Amafoto)